Ibihugu by’u Rwanda na Uganda byiyemeje kunoza ubufatanye, gukorera hamwe no guhuza imbaraga hagamijwe kunoza umubano w’ibihugu byombi, ndetse no gukuraho inzitizi zose zigaragazwa nk’izibangamiye ...
Jimmy Gatete ufatwa nka rutahizamu w’ibihe byose mu Ikipe y’Igihugu Amavubi yatangaje abakinnyi 11 afata nk’ab’ibihe byose mu bo bakinanye. Ni urutonde yatangaje kuri uyu wa Gatatu, tariki ya 8 ...
Urwego rw'u Rwanda rushinzwe Igorora, RCS ruratangaza ko mu mpera z’uyu mwaka hari abantu bagera ku 2100 bazafungurwa barangije ibihano byabo, aba bakaba ari bamwe mu bahamwe n’ibyaha bya Jenoside ...
Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyarugenge bwijeje abaturage bafite ibibanza n’ibikorwa by’ubucuruzi mu Mudugudu w’Intiganda, mu Murenge wa Muhima, ko ikibazo bafitanye n’umushoramari urimo kuhakorera ...
Irasubiza Moïse Prince wamamaye nka Prince Kiiiz yatangaje ko yasezeye muri Country Records aho agiye gutangiza ‘studio’ ye izajya itunganyirizwamo indirimbo z’abahanzi. Ni icyemezo yatangaje ku wa ...
Umunyamuziki Icyishaka Davis wamamaye nka Davis D yatangaje ko ari mu myiteguro y’igitaramo azizihirizamo imyaka 10 amaze mu rugendo rwa muzika. Iki gitaramo yise ‘10 Years Davis D Concert’ ...
Abagera kuri 7500 babarizwa mu Rubyiruko rw’Abakorerabushake baturutse mu turere twose tw’Igihugu bahuriye muri BK Arena, kuri uyu wa Kabiri, aho bari kwizihiza imyaka 10 ibikorwa byarwo bitangijwe.
Kuri uyu wa Mbere, Umugaba Mukuru w'Ingabo z'u Rwanda, Gen Mubarakh Muganga, yakiriye mugenzi we wa Sénégal, Gen Mbaye Cissé n’itsinda ayoboye mbere yo kuganira na Minisitiri w'Ingabo, Juvenal ...
Abaturage batuye Umujyi wa Kigali mu duce twashyira ubuzima bwabo mu kaga, barasabwa kwirinda harimo no kwimuka muri ibi bice, umuyobozi w'Umujyi wa Kigali asobanura ko abaturage bagomba kuba maso ...
Perezida Paul Kagame yabwiye urubyiruko rw’abakorerabushake kudatinya gukora ikintu kizima kuko n’inshingano zarwo zo gukorerana no gukorana ubushake ari ingenzi kuri rwo no ku Gihugu muri rusange.
Ishyaka Ntangarugero muri Demokarasi (PDI ryatangaje ko rizashyigikira Umukandida Paul Kagame watanzwe n'Umuryango RPF Inkotanyi mu matora ya Perezida wa Repubulika ateganijwe muri Nyakanga 2024 ...